Reka tuganire ku mikino

Gukora ihuriro rigamije guteza imbere imikino

Twakoze inama yahuje abafatanyabikorwa n’inshuti bagera kuri 20 bakora mu burezi n’ibijyanye n’imikino, turemera hamwe gahunda ihuriweho ndetse n’inama zijyanye n’itumanaho ryerekeye kungukira ubumenyi mu mikino. 

Iyi miryango yaganiriye ku nzira zifatika bakoranamo mu guhererekanya ubumenyi, inararibonye ndetse no gushaka uburyo bufatika bwo kwiyegereza no guteza imbere uruhare rw’abagenerwabikorwa mu bikorwa bibagenewe.


Ingaruka byagize

Hakozwe agatabo k’itumanaho kagenewe abafatanyabikorwa n’abandi bakora mu bijyanye no kungukira ubumenyi mu mikino.

Injira mu bikorwa by’imikino